Ubuyobozi bwa RUD-Urunana bumaze kubona ibaruwa y’umuryango wa Ben Rutabana uhangayikishijwe n'ibura rye, rihereye aho uvuga ko yaba ali mu maboko ya RUD-Urunana bigizwemo uruhare na Maj Ntilikina Faustin na Gen Jean Michel Afrika, buramenyesha abanyarwanda bose n’abandi bakulikirana ibibazo byo mu karere k’ibiyaga bigali ibi bikulikira: