The National Democratic Congress (NDC/CND) calls on General Paul Kagame to use rallies to promote peace instead of propagating division and warmongering.
Add a commentThe National Democratic Congress (NDC/CND) calls on General Paul Kagame to use rallies to promote peace instead of propagating division and warmongering.
Add a commentUbutumwa Umuyobozi Mukuru wa RUD-Urunana ageza ku Banyarwanda mu Gihe Twunamira Abahitanywe n’Amarorerwa Yagwiriye u Rwanda mu Myaka 25 Ishize.
Banyarwanda, Banyarwandakazi,
Kuva kuwa 6 Mata 1994 kugeza none kuwa 6 Mata 2019, imyaka 25 irarangiye u Rwanda rugwiriwe n’amahano ndengakamere yaruhekuye, kugeza n’ubu umuco wo kwica ukaba usa n’uwokamye igihugu cyacu. Kubera izo mpamvu, mu izina ry’abagize Urunana rw’Abaharanira Ubumwe na Demokarasi (RUD-Urunana) no mw’izina ryanjye bwite, twunamiye abo bose bishwe bazira icyo bari cyo cyangwa bazira ibitekerezo byabo.
Add a commentBanyarwanda, Banyarwandakazi,
Mw’izina ry’abagize Urunana rw’Abaharanira Ubumwe na Demokarasi (RUD-Urunana/Rally for Unity and Democracy /Ralliement pour l’Unite et la Democratie) no mw’izina ryanjye bwite, mbifurije Umwaka Mushya Muhire wa 2019. Uyu mwaka dutangiye uzatugeze ku bikorwa bigaragara kandi bifatika mu rwego rwo kwigobotora ubutegetsi bw’igitugu no gushyiraho inzego z’ubutegetsi nshya Abanyarwanda twese twibonamo kandi zimakaza amahoro, ubwisanzure, ubwiyunge nyakuri n’amajyambere arambye kuri buri wese.
Add a commentUBUTUMWA UMUYOBOZI MUKURU WA RUD-URUNANA AGEZA KU BANYARWANDA UBUTUMWA UMUYOBOZI MUKURU WA RUD-URUNANA AGEZA KU BANYARWANDA KU ISABUKURU Y’IMYAKA 56 U RWANDA RUMAZE RWIGENGA
Banyarwanda, Banyarwandakazi,
Taliki ya mbere Nyakanga 1962, taliki ya mbere Nyakanga 2018, imyaka mirongo itanu n’itandatu irashize, igihugu cyacu , u Rwanda gisubiranye ubwigenge. Nkuko bisanzwe rero, mw’izina ry’abagize Urunana rw’Abaharanira Ubumwe na Demokarasi (RUD-Urunana / Rally for Unity and Democracy /Ralliement pour l’Unité et la Démocratie), no mw’izina ryanjye bwite, mbifurije mwese isabukuru nziza.
Mu gihe twizihiza ubwigenge bw’u Rwanda ku nshuro ya 56, birakwiye ko dusubiza amaso inyuma kugira ngo dusuzume niba ubwigenge bw’u Rwanda nk’igihugu bufite igisobanuro cyumvikana ku benegihugu bacyo.
Add a comment